
Browsing: Ubuzima
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi OMS muri raporo ya ryo n’izindi mpuguke ya 2019, bagaragaza ko ikibazo…
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango-MIGEPROF, yavuze ko kuba Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda (RICH), barafashe iyambere mu gutambutsa inyigisho zigamije kubaka…
WaterAid mu Rwanda yatangaje ko igihe kigeze ngo abantu bumve ko imihango y’umugore n’umukobwa atari agashya kandi ko bidakwiye guhinduka…
Abaturage b’Akarere ka Rwamagana barishimira ko bagiye kujya bivuriza hafi nyuma yo gutaha ku mugararago ikigo nderabuzima cya Mwulire cyari…
Indwara ya Hémorroïdes n’indwara ifata mu nzira umwanda unyuramo usohoka mu gihe cyo kwituma ibikomeye, igaragazwa n’uko mu kibuno hajemo…
Abaganga baturutse mu bitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu ndetse n’abanyeshuri biga ubuganga,bari guhabwa amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi buzabafasha…
Minisiteri y’Ubuzima irateganya ko muri 2030 abazaba barasuzumwe kanseri y’inkondo y’umura bazaba bageze kuri 70% bavuye kuri 25% by’abamaze gusuzumwa…
Umubikira w’Umufaransakazi Lucile Randon wari umuntu ushaje kurusha abandi ku isi yapfuye ku myaka 118. Lucile – wari warafashe izina…
Abahanga mu buzima basanga guteza imbere ubuvuzi hashingiwe ku miterere y’Abanyafurika, byagira uruhare rukomeye mu guhangana na zimwe mu ndwara…
Nyuma y’uko hatangajwe amasaha y’akazi azatangira gukurikizwa guhera tariki 01 Mutarama 2023, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi…