Browsing: Ubuzima
Iyo ugeze mu Mujyi wa Kigali cyane cyane i Nyabugogo, uhasanga abantu bakorera ubucuruzi mu muhanda baba biganjemo abagore. Umunyamakuru…
Eden Care,yatangije uburyo yise ‘ProActiv’,buzafasha abakoresha kumenya uko ubuzima bw’abakozi babo buhagaze, ni uburyo dudasaba ko umuntu ajya kureba muganga…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi OMS muri raporo ya ryo n’izindi mpuguke ya 2019, bagaragaza ko ikibazo…
Abakora mu nzego z’ubuzima mu Rwanda baravuga ko hari intambwe yatewe mu korohereza abafite ubumuga mu Rwanda kugera kuri serivisi…
Umuryango ACORD Rwanda,wiyemeje gukora ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kurya indyo Nyafurika bagamije kwirinda indwara zitandura. Ibyo kurya biboneka mu maguriro…
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango-MIGEPROF, yavuze ko kuba Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda (RICH), barafashe iyambere mu gutambutsa inyigisho zigamije kubaka…
WaterAid mu Rwanda yatangaje ko igihe kigeze ngo abantu bumve ko imihango y’umugore n’umukobwa atari agashya kandi ko bidakwiye guhinduka…
Abaturage b’Akarere ka Rwamagana barishimira ko bagiye kujya bivuriza hafi nyuma yo gutaha ku mugararago ikigo nderabuzima cya Mwulire cyari…
Indwara ya Hémorroïdes n’indwara ifata mu nzira umwanda unyuramo usohoka mu gihe cyo kwituma ibikomeye, igaragazwa n’uko mu kibuno hajemo…
Abaganga baturutse mu bitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu ndetse n’abanyeshuri biga ubuganga,bari guhabwa amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi buzabafasha…