Author: Jean Claude

Abapolisi 283 basoje amasomo y’ibanze mu mutwe wihariye wa Polisi, ’Basic Special Forces Course’ mu Kigo cya Polisi cyigisha ibijyanye no guhangana n’iterabwona, barimo abo muri Repubulika ya Centrafrique bangana na 33. Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Felix Namuhoranye yayoboye uyu muhango kuri uyu wa 26 Mata 2024 ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Repubulika ya Centrafrique Gen. Bienvenu Zokoue. Aba bapolisi basoje amasomo y’amezi atandatu bize mu cyiciro cya 12. Bigiye mu Kigo cya Polisi cyigishirizwamo amasomo yo gukumira iterabwoba ‘Counter Terrorism Training Centre’ i Mayange mu Karere ka Bugesera. Aya masomo ahabwa umubare w’abapolisi batoranyijwe,…

Read More

Umunyamategeko uri mu bunganira leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yabwiye BBC ko integuza y’ikirego bahaye uruganda rwa Apple ari “intambwe ya mbere” itewe mu muhate wo kurwanya “ikoreshwa nabi” ry’amabuye y’agaciro y’icyo gihugu. Ku wa gatanu, umunyamategeko w’Umufaransa William Bourdon yavuganye n’ikiganiro Newsday cya BBC nyuma yuko DR Congo ishinje Apple gukoresha mu bicuruzwa byayo amabuye y’agaciro “yacukuwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko”. Bourdon ni umwe mu bagize itsinda ry’abanyamategeko ku wa kane bandikiye mu izina rya leta ya DR Congo iyo kompanyi rutura y’ikoranabuhanga yo muri Amerika, bavuga ko amabuye y’agaciro ikoresha ava mu birombe aho inyeshyamba zihonyora…

Read More

Perezida Paul Kagame ari mu Mujyi wa Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga mu by’Ubukungu izibanda byihariye ku mikoranire ihuriweho ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ingufu.  Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Innovation, Paula Ingabire yavuze ko iyi nama igamije kurebera hamwe iterambere ry’Isi no gushaka uko ibihugu byafatanya mu kongera imbaraga mu rwego rw’ingufu no kureba uko ibihugu byakwihaza. Yavuze ko by’umwihariko u Rwanda rufitanye ubufatanye na World Economic Forum mu serivisi zirimo ubuzima, uburezi, ishoramari n’ibindi. Abandi bitabiriye iyi nama yiga ku bukungu harimwo Perezida Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria; Minisitiri w’Intebe wa Malaysia, Anwar Ibrahim; Umuyobozi wa IMF, Kristalina Georgieva n’Umuyobozi…

Read More

I Kigali mu Rwanda hateraniye inama ya nyuma itegura imyitozo ya “ushirikiano imara.” Ni mu nama yatangiye kuri uyu wa Mbere w’iki Cyumweru turimo, aho yasojwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mata 2024. Iy’i nama ikaba yaritabiriwe n’intumwa z’abakuru b’Ingabo b’ibihugu bya Afrika y’iburasizuba (EAC), harimo abasirikare, abapolisi, abacunga gereza, abashinzwe abinjira n’abasohoka n’abakozi ba basivile. Iyi nama niyo yanyuma itegura igenamigambi, mu rwego rwo kwitegura imyitozo ya 13 ya ushirikiano imara 2024. Iyi nama yakiriwe n’umuyobozi wungirije w’inkeragutabara, major Gen Andre Kagame, Major General Kagame Yagaragaje ko u Rwanda rwiyemeje kwakira ku nshuro ya 13 imyitozo ya…

Read More

The National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) revealed its unwavering commitment to pioneering data-driven solutions for the nation and beyond embracing Data Revolution and Big Data, a groundbreaking initiative aimed at harnessing the power of data and technology. During the NISR board of directions members’ celebration that took place on October 5, 2023, new facilities regarding NISR’s commitment to innovation and technological advancement were showcased and appreciated. Accompanied by NISR’s management team, the board members embarked on a comprehensive tour of the institution’s essential infrastructure where the highlight of the visit was the exploration of the Big Data lab,…

Read More

Abahinzi bahinga ku nkengero z’ikiyaga cya Rumira giherereye hagati y’imirenge ya Rilima na Gashora, barifuza ko uburyo bukoresha imbaraga z’imirasire y’izuba mu kuvomerera bwakongererwa ubushobozi, bukava mu kuvomerera hegitari icumi gusa, bukagera kuri hegitari zirenze izi. Ubusanzwe kuri izi nkengero z’ikiyaga abahinzi bavomerera bakoresheje Arosoir abafite ubushobozi bakagura moteli zivana amazi mu kiyaga ziyageza mu mirima, nyamara ariko mu mwaka ushize hari uburyo ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera n’abafatanyabikorwa mu buhinzi bashyizeho bwo gukurura amazi mu kiyaga akagezwa imusozi hifashishijwe imbaraga z’izuba, ubu buryo ariko buvomerera ubuso butarenga hegitari 10. Hari abahinzi bavuga ko ubu buryo bwabafashije bitewe n’uko batagikoresha amafaranga…

Read More

Abahinzi bahinga ku nkengero z’ikiyaga cya Rumira giherereye hagati y’imirenge ya Rilima na Gashora, barifuza ko uburyo bukoresha imbaraga z’imirasire y’izuba mu kuvomerera bwakongererwa ubushobozi, bukava mu kuvomerera hegitari icumi gusa, bukagera kuri hegitari zirenze izi. Ubusanzwe kuri izi nkengero z’ikiyaga abahinzi bavomerera bakoresheje Arosoir abafite ubushobozi bakagura moteli zivana amazi mu kiyaga ziyageza mu mirima, nyamara ariko mu mwaka ushize hari uburyo ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera n’abafatanyabikorwa mu buhinzi bashyizeho bwo gukurura amazi mu kiyaga akagezwa imusozi hifashishijwe imbaraga z’izuba, ubu buryo ariko buvomerera ubuso butarenga hegitari 10. Hari abahinzi bavuga ko ubu buryo bwabafashije bitewe n’uko batagikoresha amafaranga…

Read More

Bamwe mubahinzi bo mukarere ka Bugesera, baratangaza ko kuhira imyaka byatumye umusaruro bajyana ku isoko utagabanuka kandi ari mugihe cy’impeshyi. Urugero ni urw’umushoramari w’umunyamerika witwa Randy Long washinze ikigo Sunripe cy’ubuhinzi bw’umwuga, aho ibyo yejeje abyohereza ku masoko yo mugihugu no hanze yacyo. Kuri ubu uyu mushoramari akaba yaraguze imirima n’abaturage, aho yashoye amadorari arenga ibihumbi maganabiri ($200) arenga miliyoni magabiri z’amafaranga y’u Rwanda. Ahinga ku nkengero z’igishanga cy’Akagera mu mudugudu wa Nyiramatuntu mu Kagari ka Kayumba mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera. Tuyishimire Jean-Baptiste ni agronome muri icyo kigo cya Sunripe avuga ko bamaze kugura ubutaka burenga…

Read More

Nyuma y’imyaka itanu badacana uwaka abagize itsinda rya P-Square rya Paul [Rudeboy]na Peter Okoye [Mr. P] ryongeye kwiyunga, kuri ubu bari kwitegura gukora igitaramo gikomeye. Ni igitaramo giteganyijwe ku wa 18 Ukuboza uyu mwaka cyiswe ‘P-Square Reactivated’. Aba baririmbyi bazagaragara mu iserekiramuco cya Livespot. Ku wa 18 Ugushyingo ni bwo hatangiye gukwira inkuru zigaragaza ko aba bombi biyunze. Iri tsinda ryasenyutse mu 2016 hanyuma buri wese atangira urugendo rwe muri muzika ku giti cye. Ku isabukuru yabo y’imyaka 40 ni bwo bongeye kunga ubumwe. Hari nyuma y’aho hari hashize iminsi Peter agaragaye ari kumwe n’abana b’umuvandimwe be yagiye kubagurira ibikinisho. Umugore…

Read More

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera baravuga ko bishimiye kongera gutora abari basanzwe muri Komite nyobozi y’akarere kabo, kuko mu gihe bari bamaze babayoboye babagejeje kuri byinshi, bakaba bizera ko no mu myaka itanu iri imbere bazarushaho kugera ku iteramebere. Babitangaje ku wa Gatanu tariki 19 Ugushyingo 2021, nyuma yo gutora abagize biro y’inama njyanama hamwe na komite nyobozi y’akarere. Ni amatora yatangiye saa mbili za mugitondo, nk’uko byari biteganyijwe ku ngengabihe ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, habanza indahiro z’abagize inama njyanama y’akarere baherutse gutorwa, kugira ngo babone uko batora ibyiciro byagombaga gutorwa. Hakurikiyeho gutora Biro y’inama Njyanama y’akarere, Imelde Mutumwinka…

Read More