
Browsing: Imibereho myiza
Bugesera – Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 25 Umuryango Imbuto Foundation umaze uteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, watashye ku mugaragaro Imbuto Hub-Bugesera, ikigo cyubatswe nk’igisubizo kirambye kigamije…
Hirya no hino mu gihugu hagenda hubakwa amarerero y’abana bato mu rwego rwo gufasha ababyeyi kumenya gutegura indyo yuzuye ndetse…
WaterAid mu Rwanda yatangaje ko igihe kigeze ngo abantu bumve ko imihango y’umugore n’umukobwa atari agashya kandi ko bidakwiye guhinduka…
EjoHeza yashyizweho na Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, igenwa n’itegeko N° 29/2017 ryo kuwa 29 Kamena 2017.…
Muri iki gitondo, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Emmanuel Gasana, yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka inzu y’ubucuruzi mu mujyi wa…
Impuzamiryango iharanira Uburenganzira bwa muntu (CLADHO), urakangurira ababyeyi n’abarezi, gutanga uburere budahutaza birinda guhanisha abana babo ibihano bibabaza umutima n’ibibabaza…
Hirya no hino ku Isi haracya garagara abafite ubumuga bw’uruhu rwera bagihura nihohoterwa rikabije,bamwe bakajyanwa mu mihango ya gipfumu bakabatangamo…
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Dr Nsabimana Erneste aravuga ko ari ingenzi ko gutunganya igishushanyo mbonera cy’Akarere ka Bugesera bikorwa vuba, kugira…
Imirimo yo mu rugo idahabwa agaciro cyangwa idahemberwa [Unpaid Care Work (UCW)] ikorwa n’abagore kuko abagabo baba bumva itabareba, igaragara…
Intumwa za rubanda umutwe wa Sena biyemeje gukorera ubuvugizi Umujyi wa Karongi ukabona imihanda, kuko iri mu bikorwa remezo by’ibanze…