
Browsing: Amakuru
Perezida Paul Kagame uri i Geneve mu Busuwisi aho yitabiriye inama y’ubufatanye mu iterambere 2022, yabwiye abitabiriye iyi nama ko…
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ ubwikorezi, RTDA, babinyujije kuri Twitter, cyatangaje ko umwaka utaha kizatangira ibikorwa byo kwagura no…
Kuri iki cyumweru Polisi y’Igihugu, Minisiteri y’ Urubyiruko n’Umujyi wa Kigali, babinyujije mu mikino bakoze ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyagenge bwahuje…
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda yasubukuye Ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, mu rwego rwo gukumira…
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri. Mu ibaruwa yandikiye Inteko Rusange ya…
Polisi y’ u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Nyarugenge, mu bikorwa bitandukanye yafashe abantu batatu…
Urwego rw’Umuvunyi rurakangurira buri wese kugira uruhare mu kurwanya Ruswa no kwimakaza indangagaciro zo gukorera mu mucyo, gutanga servise zihuse…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwahisemo gushyira umuturage ku isonga kugira ngo rubashe kugera ku byerekezo…
Abaturage b’igihugu cya Congo Brazaville baba mu Rwanda barishimira umubano ibihugu byombi bifitanye
Abaturage b’igihugu cya Congo Brazaville baba mu Rwanda baravuga ko bishimira umubano ibihugu byombi bifitanye, bakemeza ko iyi mibanire ituma…
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashyize hanze ibitabo bitatu bikubiyemo ubushakashatsi kuri Jenoside yakorewe abatutsi mu cyahoze ari perefegitura ya…