
Browsing: Amakuru
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe imyenda ya caguwa ingana n’amabalo 11 n’ibilo 195 yari yinjijwe mu…
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Dr Nsabimana Erneste aravuga ko ari ingenzi ko gutunganya igishushanyo mbonera cy’Akarere ka Bugesera bikorwa vuba, kugira…
Abaturage n’abayobozi mu nzego z’ibanze barasaba ko gahunda yo guha imbaraga urwego rw’Akagari yakwihutishwa, hagamijwe kuvanaho icyuho kigaragara mu mitangire…
Ku wa mbere, tariki ya 12 Ukuboza, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye umuhango wo gutangiza…
Hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo n’igihe cy’ibiruhuko by’abanyeshuri, yatangajwe na Minisiteri y’Uburezi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA),…
Perezida Paul Kagame uri i Geneve mu Busuwisi aho yitabiriye inama y’ubufatanye mu iterambere 2022, yabwiye abitabiriye iyi nama ko…
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ ubwikorezi, RTDA, babinyujije kuri Twitter, cyatangaje ko umwaka utaha kizatangira ibikorwa byo kwagura no…
Kuri iki cyumweru Polisi y’Igihugu, Minisiteri y’ Urubyiruko n’Umujyi wa Kigali, babinyujije mu mikino bakoze ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyagenge bwahuje…
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda yasubukuye Ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, mu rwego rwo gukumira…
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri. Mu ibaruwa yandikiye Inteko Rusange ya…