Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ari imbere y’urwego rw’ubugenzacyaha abazwa kuri uku gutunga intwaro, Barikana yavuze ko yazitunze akibana n’abasirikare ariko akibagirwa kuzisubiza.…