
Browsing: Amakuru
Gukoresha telefone igendanwa utwaye imodoka ni ukurenga ku mategeko n’amabwiriza y’umuhanda, kandi ikaba imwe mu mpamvu zikomeye zitera impanuka zo…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) ari mu…
Abahinzi bo mu karere ka Rwamagana mu Burasirazuba bw’u Rwanda, barasaba ko bafashwa kubona ubuhunikiro n’ubwanikiro bw’umusaruro wabo ngo kuko…
Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura wari umuyobozi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, yahawe ku mugaragaro ishingano…
Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire: N’uwamaze kubarurwa arasabwa kudasiba nimero iri ku nzu ye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kirasaba Abaturarwanda bose, n’abamaze kubarurwa, kudasiba nimero zashyizwe ku nzu za bo, nibura kugera…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), cyahagaritse ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’umuti wa Amoxicillin 125 gm/5ml Oral Suspension (SPAMOX), ufite…
Abasirikare bakuru 23 baturutse mu bihugu 10 by’Afurika batangiye amahugurwa azabafasha guhugura abandi mu bijyanye no kubungabunga amahoro hirya no…
Mu Karere ka Rusizi, abagabo babiri barimo uw’imyaka 52, bafatanywe imyenda binjije mu Gihugu mu buryo butemewe n’amategeko bakuraga muri…
Uwari ugiye gukorera ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga abantu batatu yatawe muri yombi
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kanama, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafashe…
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 13 Kanama 2022 , mu Rwanda habonetse abafite…