
Browsing: Amakuru
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yirukanye Jenerali wari ushinzwe kuyobora ibikorwa byo gutanga ibikoresho ku gisirikare cy’iki gihugu byagabanyije umuvuduko muri…
Polisi y’u Rwanda yahagurukiye ikibazo cy’ubujura bwa moto bumaze iminsi buvugwa hirya no hino mu turere dutandukanye tw’igihugu, aho yafashe…
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Uganda rivuga ko abantu 11 bamaze kwicwa n’icyorezo cya Ebola mu…
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yafashe abagabo babiri bakurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge. Polisi y’u Rwanda ku bufatanye…
Misiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE), irasaba Abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko icyorezo cya Ebola cyagera mu Rwanda. Ni mu…
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu karere ka Nyaruguru, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe…
Perezida Paul Kagame asanga ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), kitakemurwa no kwitana ba…
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Inteko Rusange ya 77 ya UN,Perezida Félix Tshisekedi wa RDC yashimangiye ko igihugu cye cyatewe…
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafatanye uwitwa Mfitumukiza Marcel ufite imyaka 55 y’amavuko, amadorali y’Amerika y’amiganano angana n’igihumbi…
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado…