Author: Eric Bertrand Nkundiye

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku mugoroba w’ejo kuwa Kane tariki 30 Gicurasi 2024, ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka; Umuvugizi w’Ihuriro AFC ribarizwamo na M23,  rivuga ko M23/AFC bababajwe bikomeye n’ibitero bikomeje kugabwa ku baturage b’abasivile bikorwa na SAMIDRC, mu bufatanye bw’ubutegetsi bwa Kinshasa, burimo FARDC, FDLR, inyeshyamba (Wazalendo) n’ingabo z’u Burundi. Iri tangazo rivuga ko ibitero byabaye kuri uyu wa Kane tariki 30 Gicurasi 2024, byahitanye abasivile 10, abandi benshi bagakomereka, mu gihe hari n’abandi benshi bavuye mu byabo, nyuma y’uko inzu zabo zisenywe n’ibisasu biremereye byarashwe. Rigakomeza rigira riti “ARC/AFC nk’uko yakomeje kwirwanaho no kurinda abaturage, yabashije gusubiza inyuma abarwana…

Read More

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yarebye umukino Rivers Hoopers yegukanyemo umwanya wa gatatu. Ikipe ya Rivers Hoopers yo muri Nigeria yatsinze Cape Town Tigers amanota 90-57, yegukana umwanya wa gatatu muri BAL 2024, mu mukino warebwe na Perezida Paul Kagame. Perezida Kagame yakurikiye uyu mukino ari kumwe na Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, Umuyobozi wa NBA Africa, Clare Akamanzi, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa na Perezida wa FERWABA, Mugwiza Désiré. Ni umunsi wa gatatu Perezida Kagame yitabiriye iyi mikino ya nyuma iri gusorezwa i Kigali nyuma yo kureba ibiri yabanje mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu mukino…

Read More

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Gicurasi 2024 , ikigo G.S Camp kigali School y’ibutse abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Mu butumwa bwatanzwe n’abayobozi batandukanye basabye abanyeshuri gukoresha imbugankoranyambaga barwanya abapfobya amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi bagaragaza ibyo u Rwanda rwagezeho n’amateka nyakuri yaranze u Rwanda. Ibi babisabwe mu muhango wo kwibuka wabanjirijwe no gushyira indabo ku rwibutso witabiriwe n’abayobozi batandukanye, ubuyobozi bw’ikigo, abarimu, ababyeyi barerera muri iki kigo, abanyeshuri bari mu muryango wa AERG baturutse mu bindi bigo n’abayobozi bibigo bitandukanye byo muri Nyarugenge mu rwego rwo gufata mu mugongo bagenzi babo bo muri G.S CampKigali school…

Read More

Mu gihe itangazamakuru mu Rwanda rihora rivuga ko nta mikora rifite yo gukomeza akazi karyo, mu muvuno mushya Hon. Dr. Frank Habineza ubwo yarangaga Kandidatire ku mwanya w’umukuru w’igihugu yavuze ko azashyiraho ikigega kizajya gitanga inguzanyo ku banyamakuru kugirango bakore ariko bafite n’ubushobozi. Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, DGPR, (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza, yashyikirije Komisiyo y’Amatora, Kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024 nibwo Habineza yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, ku biro bya Komisiyo y’Amatora…

Read More

While the management of the Rwanda Mines, Petroleum and Gas Board, (RMB) in Rwanda continues to encourage mining professionals to be environmentally friendly, Big Mining Company Ltd operating in the Ruhango region has put its efforts into mining where they speak that environmental conservation is their goal. The management of Big Mining Company Ltd, says that they have time to discuss with the workers on how to continue to develop the mining sector so that it continues to produce the right production while preserving the health and safety of those who work in this sector and the preservation of the…

Read More

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ari imbere y’urwego rw’ubugenzacyaha abazwa kuri uku gutunga intwaro, Barikana yavuze ko yazitunze akibana n’abasirikare ariko akibagirwa kuzisubiza. Kugeza ubu Depite Barikana afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe iperereza rikomeje ngo hagaragazwe uburyo yazibonyemo n’impamvu yari azitunze atabyemerewe n’amategeko. RIB iributsa abaturarwanda ko gutunga intwaro bifite amategeko abigenga ko kandi unyuranyije nayo uwo ari we wese aba akoze icyaha ndetse akurikiranwa n’amategeko ahana mu Rwanda. Depite Barikana yabaye umudepite kuva mu 2013, mbere yaho akaba…

Read More
Ads

Mu Rwanda urukiko rw’ubujurire rwatangiye kumva urubanza rw’ubujurire ubushinjacyaha buregamo Twagirayezu Wenceslas ibyaha bya Jenoside. Twagirayezu woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Denmark mu mwaka 2018 ngo aburane kuri ibyo byaha, mu kwezi kwa mbere uyu mwaka yagizwe umwere n’urukiko rukuru rutegeka ko afungurwa. Wenceslas Twagirayezu niwe wa mbere wagizwe umwere n’urukiko mu Rwanda mu bamaze koherezwa n’ibihugu bitandukanye by’Iburayi kuburanira mu Rwanda ibyaha bya Jenoside. Yari mu rukiko yambaye ikoti asa neza nk’umuntu umaze igihe yidegembya. Mu rukiko ariko, mbere yo kuburana ku bujurire bwatanzwe n’ubushinjacyaha, Twagirayezu n’abunganizi be Me Gashema Felicien na Bikotwa Bruce bagaragaje impungenge z’uregwa avuga ko…

Read More

Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda mu Mupira w’Amaguru mu mwaka w’imikino wa 2023/2024. Ni igikombe bashyikirijwe ku mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona wahuje iyi kipe na Amagaju FC, kuri iki Cyumweru, kuri Kigali Pelé Stadium. Warangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Amagaju yatsindiwe na Bizimana Ibutihadji mu gihe igitego cya APR FC cyatsinzwe na Omborenga Fitina. Ni ibintu byatumye APR FC ikomeza kwandika amateka dore ko iki gikombe yagitwaye itaratsindwa umukino n’umwe. Ni ukuvuga ko mu mikino 30 yose yakinnye, iyo itatsinze yagiye iyinganya. Ikipe y’Ingabo yasoje Shampiyona ifite amanota 68,…

Read More

Mu mukino witabiriwe na Perezida Paul Kagame na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye uheruka gutorerwa kuyobora Sénégal. Ikipe y’Ingabo APR BBC yakinnye uyu mukino idafite ba kizigenza bayo babiri Noel Obadiah na Adonis Filer bavunikiye mu mukino wo ku wa Gatandatu wa Rivers Hoopers. Amakipe yombi yatangiye atsindana abifashijwemo na Axel Mpoyo na Mike Fofana. Agace ka mbere karangiye AS Douanes iyoboye umukino n’amanota 23 kuri 18 ya APR BBC. Iyi kipe yo muri Sénégal yakomeje gukina neza cyane no mu gace ka kabiri, abarimo Fofana na Maduk Akec bakomeza kwigaragaza. Ku rundi ruhande Mpoyo yagerageza gutsinda ariko akabura uwo…

Read More

Ingabo za Leta ya Kinshasa FARDC n’abo bafatanyije barimwo Ingabo z’abarundi, Wazalendo, FDLR n’indi mitwe yitwara Gisirikare, bongeye kwamburwa utundi duce two muri teritware ya Masisi, turenga tune. Utu duce batwambuwe n’umutwe wa M23 mu mirwano yabaye kuri iki cyumweru, tariki ya 12 Gicuransi 2024, aho M23 yahanganye bikomeye n’Ihuriro ry’Ingabo za RDC, ikaba yarasize abo ku ruhande rwa Leta ya  Kinshasa bambuwe uduce dutanu. Ahagana kumugoroba wo kuri iki Cyumweru nibwo M23 yatesheje ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu duce two muri Gurupema ya Kibabi, muri teritware ya Masisi, mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru aritwo; Cugi,…

Read More