Browsing: Amakuru
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), bwasabye ababyeyi bafatanyije kurera,kwibanda ku rubyiruko bakabigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu…
Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwashimiye abagize ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’akarere (DJAF),ku ruhare rwabo rugaragarira mu bikorwa bitandukanye bishyira umuturage ku isonga…
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango-MIGEPROF, yavuze ko kuba Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda (RICH), barafashe iyambere mu gutambutsa inyigisho zigamije kubaka…
WaterAid mu Rwanda yatangaje ko igihe kigeze ngo abantu bumve ko imihango y’umugore n’umukobwa atari agashya kandi ko bidakwiye guhinduka…
Inteko Rusange ya Sena yemeje ivugururwa ry’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Ni nyuma yo kwemeza impinduka n’ubugororangingo bwakozwe ku…
Abaturage b’Akarere ka Rwamagana barishimira ko bagiye kujya bivuriza hafi nyuma yo gutaha ku mugararago ikigo nderabuzima cya Mwulire cyari…
Ibi ni byo byatumye Umuryango CAP Africa ufite intego yo gutanga amahugurwa yo mu rwego rwo hejuru mu nzego zitandukanye…
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gicumbi, yafashe umugabo w’imyaka 29 y’amavuko ucyekwaho kwiba moto nyuma yo kwica nyirayo. Ni…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka nk’uko byagenze mu mezi abiri ashize. Ibiciro bishya byashyizweho…