
Author: Eric Bertrand Nkundiye
Kuri uyu wa gatatu Tariki ya 15 Ukwakira 2025, Abanyeshuri biga muri Rwanda cording academy bamuritse ibikorwa byinshi birimo imishinga itandukanye , bahemba batatu bahize abandi. Muri iki gikorwa bagaragaje imbogamizi bahura nazo mu mikorere yabo , barasaba ko hakongerwa inkunga mu bikoresho by’ikoranabuhanda . Umuyobozi Mukuru wa RTB, Eng. Paul Umukunzi , yagize Ati:”uyu munsi dufite igikorwa ngarukamwaka kiba kirimo amarushanwa y’Abanyeshuri biga mu mashuri atandukanye cyane cyane muri Rwanda cording academy n’andi mashuri ya Tvet yigisha ibijyanye ni koranabuhanga aho abana baba barakoze imishinga iri mu bice bitandukanye bishingiye kw’ikoranabuhanga bigamije gukemura ibibazo dufite mu gihugu cyacu cyane…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yinjije muri RDF aba Ofisiye 1029 barimo Umuhungu we w’umuhererezi, Brian Kagame, abaha ipeti rya Sous-Lieutenant abasaba kurinda u Rwanda n’Abanyarwanda. Ni mu muhango wabaye kuri uyu Gatanu mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda, ribarizwa i Gako mu Karere ka Bugesera. Mbere yo kwinjizwa mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), aba ofisiye bashya bakoze akarasisi hifashishijwe amabwiriza yatanzwe mu Kinyarwanda. Nyuma yaho, biyerekanye mu buryo bwihariye binyuze mu gushushanya imibare ifite ibisobanuro bitandukanye.Baserutse bagaragaza icyiciro cya 12 cy’abanyeshuri basoje uyu munsi ndetse n’umubare w’ibindi byiciro byasoje mbere. Banditse umubare…
At the African Energy Week, Invest in African Energies 2025 conference on Tuesday. Developed in partnership with S&P Global Commodity Insights, the report provides an in-depth analysis into the various facets of the African energy sector, detailing challenges and opportunities in hydrocarbons, renewable energy, power, finance and technology. The report represents a vital tool for investors, de-risking investments at a time when the continent is accelerating energy developments. “We need key data to drive investments which is why we worked with S&P Global Commodity Insights on this report. One thing is clear: there is significant density of infrastructure in Europe…
ikipe ya Big Mining Fc ikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo, mu mukino wabaye kuri iki cyumweru Tariki ya 28 Nzeri 2025, yegukanye intsinzi mu mukino wayihuje na Power M FC yo mu Karere ka Ngororero aho yatsinze ibitego 3-1. BIG MINING yatsinze muri ¼ Power M FC, ni imwe mu makipe ari guhatanira kwegukana igikombe cy’irushanwa ryateguwe n’ikigo cy’igihugu cyita kubigendanye n’ubucukuzi mu Rwanda (RMB) ndetse n’urugaga bahuriramo rwa (REWU). Uretse uyu mukino, andi makipe nayoyageze muri ¼ ari guhatanira kwinjira muri ½.Biteganyijwe ko umukino w’igikombe uzaba mu ntangiriro z’Ukwezi kwa 12, ku munsi…
Mu itorero ry’Ubumwe bw’Amatorero y’Ababatisita mu Rwanda (UEBR) haravugwa Inkuru y’uwari umuyobozi w’umushinga RW0435 iri torero rifashwamwo na Compassion international ishami ry’u Rwanda , umushinga ukorera mu karere ka Bugesera , umurenge wa Rilima, witwa Mpakaniye Alphonse ushinjwa n’Ababyeyi guhohotera no gukabakaba abana bo mu mushinga ngo aho kugirango ubuyobozi bw’itorero bubimubaze ahubwo bukamuhungisha bumwimurira mu wundi mushinga RW0440 ZIRAMBI ukorera mu Karere ka Nyaruguru . Uyu ni mwana waje kumushinga RWA0435 gusaba Serivice, Directeur w’umushinga Mpakaniye atangira kumukabakaba Bamwe mu babyeyi twaganiriye bavuga ko Iri ari kosa rikomeye gukabakaba mu Ruhame umwana urera umuhaturiza kumusambanya kandi ko hari n’abandi…
Perezida Kagame yashyize mu nshingano abayobozi bashya barimo Yves Iradukunda wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT). Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa 18 Nzeri 2025. Yves Iradukunda ni we mushya winjiye muri Guverinoma. Yari asanzwe ari Umunyamabanga Uhoraho muri MINICT. Abandi bayobozi bashyizweho Dieudonne Gatete yagizwe Umuyobozi w’lbiro bya Perezida wa Repubulika, mu gihe Viviane Mukakizima, yagizwe Umuyobozi Wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika. Amb. Claude Nikobisanzwe, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Porotokole ya Leta. Mu biro bya Minisitiri w’Intebe, Umuyobozi Mukuru ushinzwe ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Guverinoma yagizwe Leonard Minega…
Mu karere ka Bugesera , umurenge wa Rilima, Umukozi ushinzwe itumanaho mu mushinga RW0435 arashinjwa n’umubyeyi witwa Nyirahabimana Adeline ko ngo yamuhaye amafaranga ye ibihumbi mirongo itanu ( 50,000frw) amwizeza kumushyirira umwana mu mushinga ariko ngo bikanga yanamusaba kuyamusubiza akanga , ngo yanamuhamagara akanga kumwitaba. ibaruwa yanditswe ku itariki ya 29 Kanama 2025, isaba ubusobanuro Nisengwa Camarade, ivuga ko ngo bashingiye ku ibaruwa yo kuwa 28 Kanama 2025 , umuyobozi yandikiye ubuyobozi Bukuru bwa UEBR ku kibazo cy’amafaranga ibihumbi mirongo itanu ( 50,000Frw) uyu Nisengwa yakiriye ngo ayahawe n’umubyeyi witwa Nyirahabimana Adeline ngo amushakire ibyangombwa by’umwana ngo babone uko bamwangika…
In Rubavu, a community of people who refuse to be defined by their disabilities. The members of COTTRARU cooperative are proving that inclusion, innovation, and initiative can drive lasting change. What began as a post-war survival strategy has now evolved into a model of inclusive development. COTTRARU, made up entirely of individuals with disabilities, has become a beacon of hope in a country where only 30% of persons with disabilities have access to employment, according to the 2022 National Census. Among them is Victoria Uwineza, who has a physical disability. Before joining the cooperative, Victoria’s life was limited to waiting…
While the Rwandan government has closed churches and prayer groups, the process of checking whether churches meet the requirements, including hygiene measures.It is a program that began on July 28 (7) led by the Rwanda Governance Board (RGB), in collaboration with the Rwanda National police ( RNP), and the Ministry of Local Government. Although there are religions and churches that have been closed down for not meeting the requirements. There are others that have continued to operate without meeting the requirements.In this regard, there are some churches that operate under the guise of helping the needy but if you look…
Umuhinzi mworozi Dr Sina Gerard avuga ko akomeje gukora ibishoboka byose, kugira ngo ubushakashatsi ahorana, bukomeze gutanga ibisubizo bitanga akazi ku bantu benshi cyane urubyiruko, ari nayo mpamvu ngo yashinze ishuri Fondation Sina Gerard, rigamije ahanini kurera abana b’intyoza basohokamo bazi byinshi, haba mu buhinzi, ubworozi, ikoranabuhanga, ubukorikori n’ibindi. Mu kiganiro n’abanyamakuru yagize ati “Muri Enterprise Sina Gerard Urwibutso ntituryama. Duhora iteka dushushikariye kugera kuri byinshi, bigamije Iterambere ry’Igihugu cyacu. Kimwe no mu zindi Expo rero, uyu mwaka nabwo twazaniye Abanyarwanda Umutobe w’Igisheke udafunguye, tuzana kandi igare ryiza rikoze mu mbaho z’ibiti byo mu Rwanda, byose bigamije gushyikira ahanini Made…