
Author: Eric Bertrand Nkundiye
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 25 Ugushyingo, umuhanzi Richard Nick Ngendahayo, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yasobanuye ko atariwe uhimba indirimbo ze, Iimana niyo izimuhimbira ikanaziha umurongo. Yagize ati: ” Mu by’ukuri nyoborwa n’Imana akaba arinayo akaba ari nayo inshoboza mu byo nkora byose, cyane cyane ubuhanzi bwanjye”. Uyu muhanzi yakomeje agira inama bagenzi be baririmbira Imana ko bakizwa bamaramaje. Bagomba kubanza kwiyeza kugirango ubutumwa batanga mu bihangano byabo bibe ari ibitanga ubutumwa bwiza buruhura ababwakira bukabagirira akamaro. Bamenye ko ibyo bageza ku bwoko bw’Imana kuko abo babwira badasanzwe, ari umwihariko w’ abana b’Imana yitoreye. Alain Numa, uhagarariye MTN RWANDA,…
Airtel Rwanda today officially ushered in the festive season at the Kigali Golf Resort & Villas, unveiling Christmas Flavour, a vibrant celebration designed to bring Rwandans festive cheer through music, gratitude, community connection, and shared moments of joy. At the center of this year’s festivities is Airtel’s landmark partnership with one of Rwanda’s most beloved Gospel artists, Israel Mbonyi, who will headline two major year-end concerts as part of his renowned ICYAMBU Tour on 25 December 2025 at BK Arena and 1 January 2026 at Rubavu Stadium. Airtel Rwanda Managing Director Mr. Sujay Chakrabarti emphasized that Christmas Flavour is much…
The Food and Agriculture Organization of the United Nations (FAO) in Rwanda, the Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA), and the Rwanda Agriculture and Animal Resources Development Board (RAB) officially launched the Sustainable Agricultural Mechanization through Farmer Field Schools (SAM-FFS) for Smallholder Producers project on at RICA campus in Bugesera. This joint initiative is designed to equip smallholder farmers with essential skills in climate-smart, appropriately scaled business-oriented mechanization and conservation agriculture practices. The Sustainable Agriculture Mechanization through Farmer Field School (SAM/FFS) initiatives represents a milestone partnership between three leading institutions at the forefront of Rwanda’s agricultural transformation. Through this joint…
U Bubiligi burimo gukoresha ibikoresho bya NATO mu kuzambya ibintu mu ntambara yo mu burasirazuba bwa DRC mu gihe imirwano ikomeje kwiyongera hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) n’inyeshyamba za AFC / M23, aho buvugwaho ko bwongereye inkunga ya gisirikare buha Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu rwego rwo kubuza inyeshyamba gutera imber Kuri iyi nshuro, u Bubiligi buri gukoresha ibikoresho by’Umuryango wa NATO mu bikorwa byabwo muri DRC nkuko inkuru yashyizwe ahagaragara na The Great Lakes Eye ivuga. Ku itariki ya 9 Ugushyingo, indege itwara imizigo y’ingabo zirwanira mu kirere, Airbus A400M Atlas, ifite numero CT-04, yagaragaye igwa ku…
Abagize gahunda ya Generation Gender basoje urugendo rw’imyaka itanu (5) bishimira intambwe bagezeho mu guteza imbere uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, binyuze mu guhuza urubyiruko, abagabo n’abagore mu bikorwa by’ubuvugizi n’impinduka mu muryango nyarwanda. Ibirori byo gusoza iyi gahunda byabereye i Kigali kuri uyu wa Gatanu Tariki ya 24 Ukwakira 2025, byateguwe na RWAMREC ku bufatanye na Health Development Initiative (HDI) na AfriYAN Rwanda, ni ibirori byitabiriwe n’urubyiruko, inzego za Leta n’abafatanyabikorwa batandukanye mu rwego rwo gushimira ibyo bamaze kugeraho no kuganira ku cyerekezo cy’ahazaza. Fidèle Rutayisire, Umuyobozi Nshingwabikorwa wa RWAMREC, yashimye intambwe imaze guterwa mu kwinjiza abagabo…
Kuri uyu wa gatatu Tariki ya 15 Ukwakira 2025, Abanyeshuri biga muri Rwanda cording academy bamuritse ibikorwa byinshi birimo imishinga itandukanye , bahemba batatu bahize abandi. Muri iki gikorwa bagaragaje imbogamizi bahura nazo mu mikorere yabo , barasaba ko hakongerwa inkunga mu bikoresho by’ikoranabuhanda . Umuyobozi Mukuru wa RTB, Eng. Paul Umukunzi , yagize Ati:”uyu munsi dufite igikorwa ngarukamwaka kiba kirimo amarushanwa y’Abanyeshuri biga mu mashuri atandukanye cyane cyane muri Rwanda cording academy n’andi mashuri ya Tvet yigisha ibijyanye ni koranabuhanga aho abana baba barakoze imishinga iri mu bice bitandukanye bishingiye kw’ikoranabuhanga bigamije gukemura ibibazo dufite mu gihugu cyacu cyane…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yinjije muri RDF aba Ofisiye 1029 barimo Umuhungu we w’umuhererezi, Brian Kagame, abaha ipeti rya Sous-Lieutenant abasaba kurinda u Rwanda n’Abanyarwanda. Ni mu muhango wabaye kuri uyu Gatanu mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda, ribarizwa i Gako mu Karere ka Bugesera. Mbere yo kwinjizwa mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), aba ofisiye bashya bakoze akarasisi hifashishijwe amabwiriza yatanzwe mu Kinyarwanda. Nyuma yaho, biyerekanye mu buryo bwihariye binyuze mu gushushanya imibare ifite ibisobanuro bitandukanye.Baserutse bagaragaza icyiciro cya 12 cy’abanyeshuri basoje uyu munsi ndetse n’umubare w’ibindi byiciro byasoje mbere. Banditse umubare…
At the African Energy Week, Invest in African Energies 2025 conference on Tuesday. Developed in partnership with S&P Global Commodity Insights, the report provides an in-depth analysis into the various facets of the African energy sector, detailing challenges and opportunities in hydrocarbons, renewable energy, power, finance and technology. The report represents a vital tool for investors, de-risking investments at a time when the continent is accelerating energy developments. “We need key data to drive investments which is why we worked with S&P Global Commodity Insights on this report. One thing is clear: there is significant density of infrastructure in Europe…
ikipe ya Big Mining Fc ikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo, mu mukino wabaye kuri iki cyumweru Tariki ya 28 Nzeri 2025, yegukanye intsinzi mu mukino wayihuje na Power M FC yo mu Karere ka Ngororero aho yatsinze ibitego 3-1. BIG MINING yatsinze muri ¼ Power M FC, ni imwe mu makipe ari guhatanira kwegukana igikombe cy’irushanwa ryateguwe n’ikigo cy’igihugu cyita kubigendanye n’ubucukuzi mu Rwanda (RMB) ndetse n’urugaga bahuriramo rwa (REWU). Uretse uyu mukino, andi makipe nayoyageze muri ¼ ari guhatanira kwinjira muri ½.Biteganyijwe ko umukino w’igikombe uzaba mu ntangiriro z’Ukwezi kwa 12, ku munsi…
Mu itorero ry’Ubumwe bw’Amatorero y’Ababatisita mu Rwanda (UEBR) haravugwa Inkuru y’uwari umuyobozi w’umushinga RW0435 iri torero rifashwamwo na Compassion international ishami ry’u Rwanda , umushinga ukorera mu karere ka Bugesera , umurenge wa Rilima, witwa Mpakaniye Alphonse ushinjwa n’Ababyeyi guhohotera no gukabakaba abana bo mu mushinga ngo aho kugirango ubuyobozi bw’itorero bubimubaze ahubwo bukamuhungisha bumwimurira mu wundi mushinga RW0440 ZIRAMBI ukorera mu Karere ka Nyaruguru . Uyu ni mwana waje kumushinga RWA0435 gusaba Serivice, Directeur w’umushinga Mpakaniye atangira kumukabakaba Bamwe mu babyeyi twaganiriye bavuga ko Iri ari kosa rikomeye gukabakaba mu Ruhame umwana urera umuhaturiza kumusambanya kandi ko hari n’abandi…